"KUZUZA INSHINGANO ZACU ZA BURI MUNSI, ZIRIMO N'IGIKORWA NK'IKI, NABYO NI UBUTWARI!"
Ibi ni ibikubiye mu mpanuro z'Umuyobozi Mukuru w'Ibitaro BYA Ruhengeri, Dr MUHIRE Philbert, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 31 Mutarama 2026, mu Muganda Rusange Ngarukakwezi, ubaye mu gihe hasigaye umunsi umwe gusa ngo Abanyarwanda, Abaturarwanda n'Inshuti z'u Rwanda, twizihize Umunsi Mukuru w'Intwari z'Igihugu.
Uyu muganda ukaba wibanze ku Bikorwa byo Kurushaho Kwimakaza Isuku y'aho dukorera, ari nayo mpamvu nyamukuru iyi gahunda yashyiriweho mu Bigo by'Ubuvuzi.








By'umwihariko, umuganda w'uku Kwezi kwa Mutarama 2026 ukaba usize IBYAPA biri hirya no hino mu Bitaro, uhereye ku Marembo yabyo, ari urwererane, bitakibaye ngombwa ko byongererwa irangi

Umuyobozi Mukuru w'Ibitaro ashimira cyane Abakozi